Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Dore ibintu ushobora gukorera uwo mukundana bigatuma atazigera agira umutima wo kukwanga

Abakobwa ntabwo bakwiriye kwiyicarira ngo bategereze ko abasore aribo bafata iyambere.Mu rukundo basaba ko nawe ufata umwanya uhagije ugakunda uwo wihebeye kandi ukabimugaragariza binyuze mu magambo umubwira mubikorwa umukorera ndetse no mu bundi buryo wowe wifuza.

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe imitoma itatu y’ingenzi ifatwa nk’urukingo rw’urukundo kubakundana.Nubibwira umusore ,

ukamumenyeza kujya yumva aya magambo aguturutseho ntahandi uzigera umubona.

1.Uburyo bwambere bwo gukoresgha ukereka uwo mukundana ko ari rudasumbwa wawe harimo kuvuga ku myambaro yambaye n’uburyo yaya mbaye.

Mwegere maze witonze mukajwi keza umubwire ati:”Mbega inseko nziza, ufite amaso meza, ibyo bintu byose wambaye birakubereye pe”. Ntuzigere utinya kumwegera rwise ntuzabikozwe mubwire amagambo ari kumva bwambere.Abakobwa ntabwo bakwiriye kwiyicarira

Nta muntu numwe wahisemo uko akwiriye kugaragara , niwegera umusore mukundana ukamubwira ayo magambo ,

iteka azahora yibuka ko ari wowe umukunda kuko ayo magambo azamukora kumutima.

2.Uburyo bwa kabiri wakoresha ubwira umusore wawe ko adasazwe, ni ukwibanda kuyindi mico cyangwa impambo afite

ukamwerekako ariwe ubigira mu isi nziza.Mwegere mbere y’abandi umubwire :”wow !

Mukunzi uri uwambere nukuri , uburyo ucaranga gitari bitaranezeza cyane, uri uwambere ku isi rwose.

Uziko umunsi umwe bazagutumiza hanze ngo ujye gucuranga ? Tuzajyana ntuzansige nzagufana”.

Uyu musore numwerekako ari uwambere kandi muri kumwe, nagera aho mutari kumwe azakora ibirenze

kuko azaba ari kugendera ku ijambo ryawe.Niba yarabonaga imbogamizi muri byo, azashaka uko azikuraho yikomereze.

3.Ikintu cya gatatu ukwiriye gukora ubundi ugatomagiza umusore wawe.Mwerekeko ashoboye ibintu byose.

Umusore mukundana mwerekeko ntakintu cyamunanira , mwitabaze mbere y’uko hagira ikindi ukora , umuhe umwanya mu myanzuro yose ukeneye gufata.Umusabe inama, umwereke urukundo n’ibindi bitandukanye.Mwegere maze umubwire ngo:”Mbanumva ntuje iyo turi kumwe”.Ibi byose twakubwiye n’inzira nziza ukeneye kwiga ubundi ukizirikaho uwo wihebeye.

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments