Padiri Luciano Twinamatsiko, ukorera muri Diyosezi Gatolika ya Kabale, yagaragaye mu mashusho yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga kuva ku wa Kane tariki ya 30 Gicurasi, aho yagaragaye ari mu bikorwa binyuranye n’indangagaciro z’umwuga we.
Muri aya mashusho, uwo mupadiri agaragara abyinana n’umukobwa ukiri muto, bombi bambaye imyambaro y’imbere, mbere yo kuyikuramo maze bagatangira gukora urukundo rwo mu mashuka.
By’umwihariko, Padiri Twinamatsiko agaragara asoma amabere y’iyo nkumi mu buryo bwihariye, bigaragaza ko bitari ibikorwa bisanzwe by’ubusabane gusa.
Amashusho akomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga nka X (Twitter), cyane cyane mu bihugu bya Uganda na Kenya.
Abayasangiza benshi bemeza ko yaba yarafashwe na nyirubwite ubwe, kuko Padiri ubwe agaragara agenda atunganya camera ayerekeza hirya no hino ngo ifate neza.
Ibi byabaye intandaro yo gutangwaho ibitekerezo byinshi bitandukanye ku mbuga nkoranyambaga, aho bamwe bagaragaza ko igihe kigeze ngo Kiliziya isubire ku cyemezo kiyibuza kwemerera abapadiri gukora urukundo rwo mu mashuka.
Kugeza ubu, Kiliziya Gatolika muri Uganda ntabwo iragira icyo itangaza kuri iki kibazo gikomeje kuvugisha benshi.
Padiri Luciano Twinamatsiko yari azwi cyane muri Uganda nyuma y’uko yamenyekanye ubwo yakiraga abarwayi mu gihe icyorezo cya Ebola cyari cyibasiye igihugu mu myaka ishize.