Umukobwa w’imyaka 27 witwa Annie Knight, umwe mu bakobwa bazwi cyane ku rubuga OnlyFans, ari mu rugendo rwo kwisubiraho no kwivura, nyuma y’igikorwa kidasanzwe cyasize benshi baguye mu kantu.
twandikire kuri Whatsapp unyuze kuri iyi numero tugufashe: +254 754 537854.
Note: Company, Blog, Church website n'ink'ubuntu.
Knight yajyanywe igitaraganya mu bitaro bya Sydney nyuma yo kugerageza guca agahigo ko kuryamana n’abagabo 583 mu masaha atandatu gusa, igikorwa cyari kigamije kwerekana “ubushobozi bwe bwo mu mubiri” no gutunganya amashusho y’inkurikirane yari ategerejwe n’abamukurikira.
Iri gerageza ryabereye mu cyumba cyabugenewe mu nyubako itari yatangajwe ku mugaragaro, aho ibikoresho by’amashusho byari byateguwe mu buryo buhanitse, bifashwa n’amategeko atemera ibikorwa by’uburaya ariko anemera “ibikorwa by’icyiciro cy’ubuhanzi bushingiye ku gusesengura imiterere y’umubiri”.
Annie, wari witeze kuryamana n’abagabo 200, yabonye abandi biyongera ku rutonde kugeza ubwo bageze ku 583, akaba yaryamanye nabo mu gihe kitarenze amasaha atandatu.
Icyo cyemezo cyamusigiye ibikomere bikomeye ku mubiri, birimo kuvunika kw’imyanya ndangagitsina, igabanuka rikabije ry’amaraso n’ibimenyetso by’umunaniro ukabije.
Dr. Zac Turner, umuganga w’inzobere mu buzima rusange, yavuze ko nubwo imibonano mpuzabitsina ari igice cy’imibereho y’abantu, iyo ikoreshwa nabi, ishobora kuba intandaro y’indwara n’isenyuka ry’imikorere y’umubiri.
Dr. Turner yabisobanuye ati: “Umubiri w’umuntu ntiwagenewe gukorerwaho ibikorwa nk’ibi mu gihe kigufi. Hari umurongo ugaragaza icyo umubiri ushobora kwihanganira. Iyo uwo murongo uwurenze, nta miti cyangwa imbaraga z’umuntu zakwifashishwa ngo ubuzima busubire ku murongo nk’uko byari bisanzwe.”
Annie Knight, wari usanzwe afata imiti yifashishwa mu kugabanya ububabare no gufasha umubiri guhagarika kuva amaraso, yahuye n’ibibazo bikomeye ubwo ubwinshi n’uburemere bw’igikorwa byarenze ubushobozi bw’iyo miti. Abaganga bahise bamusuzuma mu buryo bwihuse, banatangira gahunda y’icyumweru cyose cyo kumwitaho, mbere y’uko arekurwa.
Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kuva mu bitaro, Annie yagaragaje impinduka zikomeye mu buryo atekereza ku buzima bwe.
Yatangaje ko agiye guhagarika ibikorwa by’amashusho y’urukozasoni, agashyira imbere kwita ku buzima bwe, umutekano wo mu mutwe no gusubiza umubiri we ku murongo.
Yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram, rushyigikirwa n’abamukurikira basaga miliyoni ati: “Namenye ko ubuzima bwanjye ari bwo bwa mbere. Nkeneye umwanya wo kongera gusubiza ubuzima bwanjye icyerekezo.”
Ubu Annie abarizwa mu rugo rwe i Sydney aho ari kumwe n’umukunzi we Henry Brayshaw. Uyu musore, usanzwe ari umufotozi w’umwuga, bivugwa ko ari we wa mbere wamuhumurije ubwo yari agejejwe kwa muganga.
Nk’uko inshuti za hafi zabivuze, ubu bombi bari kwibanda ku mibanire yabo n’ukuntu bashobora kubaka ubuzima busanzwe.
Annie, nubwo atagikora nk’uko byari bisanzwe, aracyabarizwa mu cyiciro cy’abinjiza amafaranga menshi ku kwezi.
Amakuru yizewe agaragaza ko yinjiza nibura $200,000 buri kwezi, kandi afite inzu enye zibarizwa hirya no hino muri Australia, ibyerekana ko ibikorwa bye byamuhesheje ubutunzi budasanzwe ku myaka ye 27 gusa.