Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Menya amatorero 43 yafunzwe burundu kuri uyu wa 22 Kanama 2024

Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere rwatangaje ko hari amatorero yahagaritwse mu gihugu hose nyuma yuko bigaragaye ko aya matorero adafite ubuzima gatozi bw’imiryango ishingiye ku myemerere.

Ibi byanyujijwe mu itangazo ryasohowe na Minisitire kuri uyu wa 22 Kanama 2024, ni nyuma kandi yuko mu gihugu hose hamaze iminsi inkundura yo gufunga imiryango y’insengero zimwe na zimwe zitujuje ibisabwa n’itegeko.

Imiryango yavuzwe muri iri tangazo irimo Abagorozi, Abakusi, Abanywagake ,Abarokore,Abavandimwe church, Agape Sanctually, Postolic Faith Mission International, Assemblies of Lord, Bethel Miracle Church, Christo Church , Cornestone Temple Dusenyi,Dusanimitima Church, EDAM, EEBVR,Eglise Bethania.

Future Bright Spark Church, Gorpher Church Ubuhungiro, Hope Provision Center Church, Hosian Bible Church, Independent Evangelical Lutheran Congregation Rwanda (IELC).

Ihema ry’Amahoro,International Pentecost Minisistries, Intumwa n’Abahanuzi, Ntwarane, ISoko Ibohora,Isoko Imarinyota, Vugurura n’ubugorozi i Remera, Joy of Salvation Church, Life in Jesus Christ.

Liberty Bible Church, Lutheran Mission in Africa, Philadelphia Church,Principle of Holy Spirit Church ,Promese Life Convenent Church,Redeemed Baptiste Church, Reformation Christian Church.

Salvation Church, Ismaili Religious and Cultural Organisation for Rwanda, Ubuzima Bushya muri Kirisito , UDEPR Impinduka, Umugeni wa Kristo, Umurage w’Abera Pentecote, Urwambariro /Abera mu Rwanda.

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments