Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Ibi ni agasuzuguro cyangwa ni ukutamenya ururimi ? Bruce Melodie yirengagije umunyamakuru mu buryo budasanzwe

Imbuga nkoranyambaga zikomeje gucika ururondogoro nyuma y’amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umuhanzi Bruce Melodie yirengagiza umunyamakuru mu buryo budasanze.

Muri aya mashusho umunyamakuru yatangiriye Bruce Melodie nk’umuhanzi umaze kumenyekana, uyu munyamakuru hari ibyo yamubazaga mu rurimi rw’igifaransa ariko Bruce Melodie akomeza kumwerengagiza nkutamubonye cyangwa ngo amwumve.

Abantu benshi ku Imbuga bakomeje kwibaza niba ari agasuzuguro Bruce Melodie yagize, ku buryo yirengagiza umunyamakuru cyangwa se akaba ari ikibazo cyo kutamenya ururimi rw’igifaransa.

Gusa nanone Bruce Melodie ibi byo kwirengagiza abanyamakuru si ubwambere abivuzweho kuko hari n’ubwo yigize kuva mu mahanga ageze i Kigali yanga kuvugisha abanyamakuru bari baje kumwakira ku kibuga k’indege. Reba AMASHUSHO.

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments