Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Uganda bumvanye imbaraga mu gihe habura igihe gito ngo hatorwe Miss -Videwo

Imbuga nkoranyambaga zikomeje gucika ururondogoro nyuma y’amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Uganda barimo basubiranamo , ubwo bari mu mwiherero.

Aya mashusho yafashwe n’umwe mu bari mu mwiherero, yavugishije benshi hibazwa icyo aba bakobwa baba bapfuye.

Nk’uko bigaragara mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza aba bakobwa bahanganye kakahava, bagafatana mu mashati kugera ubwo bakizwaga n’abari hafi aho.

Aba bakobwa barwanye mu gihe habura iminsi mike ngo hatorwe Nyampinga w’iki gihugu mu muhango utegerejwe ku wa 3 Kanama 2024 kuri Sheraton Hotel Gardens.

Umukobwa uzatorwa azaba asimbuye Hannah Karema Tumukunde unafite inkomoko mu Rwanda wari wambaye ikamba rya 2023.

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments