Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Thierry Forger yabaye umutoza w’umwaka ! Dore abatwaye ibihembo bya Rwanda Premier League

Kuri uyu wa Gatanu tarki ya 9 Kanama 2024 nibwo Rwanda Premier League yatanze ibihembo ku bantu bitwaye kurusha abandi mu mwaka w’imikino wa 2023- 2024.

Umutoza w’umwaka: Thierry Froger (APR FC)
Umukinnyi w’umwaka: Muhire Kevin (Rayon Sports)
Umunyezamu w’umwaka: Pavelh Ndzila (APR FC)
Umukinnyi mwiza ukiri muto (harebwe abari munsi y’imyaka 21): Iradukunda Elie (Mukura VS)
Igitego cy’umwaka: Tuyisenge Arsène /Rayon Sports (Muhazi United vs Rayon Sports)
Umusifuzi w’umwaka w’umugabo: Ruzindana Nsoro
Umunyamakuru w’umwaka w’umugabo: Karenzi Sam (Fine FM)
Umunyamakuru w’umwaka w’umugore: Rigoga Ruth (RBA)
Ikiganiro cya Radio cy’umwaka: Urubuga rw’Imikino (RBA)
Ikiganiro cya televiziyo cy’umwaka: Kickoff (RBA)
Ikinyamakuru cyandika cy’umwaka: IGIHE
Abatsinze ibitego byinshi: Ani Elijah (Bugesera FC/Police FC) na Victor Mbaoma (APR FC)

Ikipe y’umwaka wa 2023/24 muri Rwanda Premier League: Pavelh Ndzila, Kubwimana Cedric, Christian Ishimwe, Shafik Bakaki, Clement Niyigena, Abdul Rahman Rukundo, Ruboneka Bosco, Muhire Kevin, Hakizimana Muhadjiri, Ani Elijah na Victor Mbaoma.

KAA Gent scouting Mukura wonderkid Iradukunda - The New Times
Iradukunda Elie yabaye umukinnyi mwiza ukiri muto
Rigoga wa RBA agiye kujya kuri Stade ikomeye mu Bwongereza – Umuseke
Rigoga Ruth yabaye umunyamakuru mwiza w’umwaka mu bagore
Sam Karenzi yasezeye kuri Radio 10, agiye gutangiza ikiganiro 'Urukiko rw'Ubujurire' | IGIHE
Sam Karenzi yabaye umunyamakuru mwiza w’umwaka mu bagabo
MU MAFOTO:Ibihumbi by'abafana bitabiriye imyitozo ya APR FC irimo abanyamahanga > Rwanda Magazine
Pavelh Ndzila yabaye umuzamu mwiza w’umwaka
RPL: Nsoro yahawe gukiranura amakipe arwana n'Ubuzima – Umuseke
Ruzindana Nsoro yabaye umusifuzi mwiza w’umwaka
Thierry Froger ntiyemeranya na FERWAFA ku ngengabihe ya shampiyona – Umuseke
Thierry Forger yabaye umutoza mwiza w’umwaka
Rayon Sports yagaruye uwari kapiteni wayo Muhire Kevin - Umuryango.rw
Muhire Kevin yabaye umukinnyi mwiza w’umwaka
Tuyisenge Arsène yafashije Rayon Sports kwikura i Nyagatare | IGIHE
Tuyisenge Arsene yahembewe kuba yaratsinze igitego kiza
Ani Elijah na Victor Mbaoma bahembewe kuba baratsinze ibitego byinshi kurusha abandi muri 2023-2024
RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments