Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kanama 2024 nibwo Nyakubahwa Perezida wa Republica y’u Rwanda Paul Kagame agiye kurahirira kongera kuyobora igihugu cy’u Rwanda, imbere y’Abanyarwanda bose.
Ni umuhango witabiriwe n’abashyitsi baturutse impande zitandukanye z’Isi ndetse n’Abanyarwanda benshi, ntiwatinya no kuvuga ko buzuye stade Amahoro.
Kuri ubu ni inshuro ya 4 Perezida Paul Kagame agiye kurahirira kuyobora u Rwanda, aho bwambere yarahiye mu mwaka wa 2003, 2010,2017 ndetse n’ubu 2024. Ni imihango yose yaberaga muri stade Amahoro.
Reba Videwo live y’uburyo ibirori by’irahira rya Nyakubahwa Perezida wa Republica y’u Rwanda Paul Kagame biri kugenda.