Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Uwuhageze wese ahita Apfa! Hashize Imyaka Irenga 500 Byararenze Ubwenge Bwa Muntu Menya Agace k’amayobera Kitwa Triangle Ya Bermuda Kaba Mu Nyanja Ya Atlantic

Aka gace gaherereye mu nyanja ya Atlantic ni agace gakozwe n’amande 3 aka gace kakaba karamize amato arenga ibihumbi ndetse n’indege utabara zagiye zinyura hejuru zigakururwa n’ako gace zikaburwa irengero burundu ntizisige n’ikimenyetso habe namba nta muntu n’umwe uzi ikirimo cyaba gikurura ikihanyuze hejuru cyose, bamwe bakeka ko haba amashitani akurura ikigerageje kuhegera abandi bakavuga ko haba ibiremwa bidasanzwe cg ibivejuru biba muri ayo mazi mu buryo budasanzwe byaturutse mu isanzure,

hari abatangabuhamye barokotse bagiye bavuga ko bakihagera bagiye kumva bumva imbaraga zidasanzwe zizegeja ndetse zikanangiza ubwato cg indege barimo ngo gusa uwuhageze wese arapfa kuko ntabutabazi buhakorerwa kuko ugerageje gutabara nawe urapfa aba barokotse ngo ntago babaga binjiyemo neza bagarukiraga kunyengero bakumva batangiye gukururwa bagasubira inyuma bwari butwaye abantu 39 mu mwaka wa 1963 haburiye ubwato bwitwaga server queen bwari butwaye abantu 39 nyuma yaho mumezi 6 gusa haza kuburirwa izindi ndege 2 z’ingabo zirwanira mu mukirere z’abanyamerika hadaciyemo 2 haza kubirirwa ubundi bwato bunini bwitwaga good news bwari bwikoreye toni zisaga 500 z’ibicuruzwa ni indege nyinshi n’amato

byahaburiye ntago byose umuntu yabirondora ngo abivemo amerika yagerageje kuvumbura icyaba kihishe muri ako gace  maze bakora ubwato bufite ubushobozi  buhambaye  mu guhangana n’imihengeri babwohereza hafi ya triangle ya Bermuda ariko biranga biba iby’ubusa kuko nanubu ntibarabasha kuvumbura ikibyihishe inyuma gusa abahanga bagenda batangaho ibitekerezo bitandukanye kuko hari abavuga ko kubera ubwinshi bukabije bwa gas methane iba hasi

ku ndiba ya Atlantic ngo iyo izamutse hejuru ihita igira ibyo ikurura bikaba biterwa izamuka igaca intege amazi kuburyo atatuma ikintu icyaricyo cyose kireremba ngo ibyo akaba ari kimwe mubitera ako gace Kumera gutyo  zidasanzwe abandi bagakomoza ku muhengeri uharangwa bemeza ko ariwo ubitera kubera umuyaga mwinshi uba ufite ugakurura izo ndege n’amato ngo iyo bigeze muri ako akuma kaba kari mundege n’amato gatakaza ubushobozi bwo kwerekana agace biherereyo ndetse kakananirwa kubiyobora

Abahanga bemeza ko umuhengeri uba muri ako guca ufite ubushobozi nk’ubwa bomb atomic 10 kuko utuma amazi azamuka byibuza metero 15 zo mukirere  kumuvuduko ungana na kilometero 300 ku isaha ukaba uba wikubye inshuro 4 umuhengeri usanzwe  ubu ntamubari uzwi w’abantu bariwe niyo triangle ya Bermuda hari ibimenyetso bifatika bigaragaza ko ako gace kabamo ikintu kidasanzwe

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments