Tuesday, October 22, 2024
spot_img

“Turara tugaramye turi kuvuza imisuzi kubera umudendezo wa Kagame” – Paul Kagame ntibamurekura

Muri ibi bihe byo kwiyamamza kw’abakandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu ndetse no mu myanya y’abadepite, abaturage benshi bitabiriye ibirori byo kwiyamamaza k’umukandida Paul Kagame, bakomeza kugaragaza ko bamuryamyeho, ntawundi bazatora utari we.

Iyo uganirije abaturage benshi baba bitabiriye ibirori byo kwiyamamaza kw’ishyaka rya FPR , bagaragaza ko Perezida usanzwe ho ariwe Paul Kagame akaba n’umukandida mu bari kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, ntacyo abatwaye ndetse ko yabagejeje kuri byinshi bityo bakaba bazongera kumutora nta gushidikanya.

Umwe mu baturrage waganiriye n’umunyamakuru, yavuze ko Paul Kagame yabakijije byinshi harimo n’abacengezi, ndetse ko umutekano yabahaye ari wose bitwo bakaba baryama bagasinsiza kubera umutekano.

Uwo muturage yongeyeho ati “Turara tugaramye turi kuvuza imisuzi kubera umudendezo wa Kagame”.

Kuri ubu imirimo yo kwiyamamaza ku bakandida bose iri mu isozwa kuko amatora yegereje, aho azaba tariki 15 Nyakanga na tariki ya 16 Nyakanga uyu mwaka. Kuri iyi minsi kandi hari ikiruhuko rusange ku bakozi bose mu gihugu ku girango abanyarwanda bazabone umwanya wo kujya kwitorera abayobozi. Reba videwo.

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments