Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Louise Mushikiwabo yapfushije musaza we

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, kuri uyu wa Mbere, yapfushije musaza we, witwa Kayiranga Wellars.

Mu butumwa yanyujije kuri X, yavuze ko musaza we Kayiranga bakundaga kwita “Karateka” yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 29 Nyakanga.

Yagize ati: “Mur’iki gitondo twabuze musaza wacu dukunda cyane, Wellars Kayiranga “karatéka”, yararwaye vuba aha ariko aroroherwa amera neza, twongera gupanga imihigo myinshi, ariko inzira y’ubuzima ntibwira umugenzi.”

Yakomeje yihanganisha umuryango assize agira ati: “Ku bana be n’umugore we: turahari! Ruhukira mu mahoro muvandimwe dukunda!”.

 

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments