Tuesday, October 22, 2024
spot_img

AMASHUSHO : Abanyeshuri b’abahinde biga mu Buhinde baririmbye Rwanda Nziza mu rwego rwo kwifatanya n’u Rwanda

Ku itariki ya 4 Nyakanga 2024 nibwo u Rwanda rwizihije isabukuru y’imyaka 30 rwibohoye. Ni umunsi ngaruka mwaka wizihizwa kuri iyi tariki.

Kuri uyu munsi u Rwanda rwizihiza imyaka 30 ishize rwibohoye, ibihugu by’amahanga bitandukanye byagiye byifatanya n’u Rwanda mu kwizihiza uyu munsi.

Twavuga nko mu gihugu cy’u Buhinde aho abanyeshuri baririmbye indirimbo y’ubahiriza Igihugu cy’u Rwanda mu rwego rwo kwifatanya n’u Rwanda.

Abanyeshuri bo mu ishuri rya Bal Bharati riherereye Noida mu Buhinde, nibo baririmbye indirimbo yubahiriza Igihugu cy’u Rwanda mu rwego rwo kwifatanya n’u Rwanda kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 30. Reba AMASHUSHO.

 

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments