Saturday, April 19, 2025
Saturday, April 19, 2025
spot_img
HomeOther NewsAmashusho y’umusore ari gukandakanda amabuno y’umukobwa yatumye bamwe bavuga n’akarimurori. Yarebe hano

Amashusho y’umusore ari gukandakanda amabuno y’umukobwa yatumye bamwe bavuga n’akarimurori. Yarebe hano

Muri iyi minsi hakomeje kwaduka ingeso mbi z’ubusambanyi ndetse n’amwe mu mashusho ateye isoni, ibyo benshi mu banyamadini banga ndetse bakanabivumira kure.

Binyuze ku rubuga nkoranyambaga rwa twitter, hari uwashyizeho ifoto maze arabaza ati: “Uyu ari umukobwa wawe umuhungu nk’uyu akamukora ibintu nk’ibi ukabibona wabigenza ute?”

Abenshi bazamuye uburakari ndetse bamwe bahise bavuga ko uku kuboko k’uyu muhungu baramutse bagufashe bahita baguca bakajya kwirega.

Ntibyagarukiye aho kuko n’abandi bakomeje gutanga ibitekerezo bijyanye n’amarangamutima yabo.

Uwitwa Rooney yagize ati: “Uyu ntabwo aba akiri uwawe kuko n’ibindi barabikora ahubwo”.

Ukoresha amazina ya Please ndabwambaye we ati: “Ewana sinari narebye ku kibuno we!!!! Nahamagara umukobwa wanjye agahungu kakibwiriza”.

Theos Munyetwari
Theos Munyetwari
Theos Munyentwali ni Umwanditsi mukuru w’Ikinyamakuru ITYAZO Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2016, afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho
Andi makuru

Musubize

Shyira hano igitekerezo cyawe!
Injiza izina ryawe

- Kwamamaza -spot_img

Izi ntuzicikwe

Verified by MonsterInsights