Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Nuticunga neza, ushobora gusanga akugushije mu mutego! Dore ibimenyetso bizakwerekako umukobwa wagusuye ashakako mukora urukundo rwo mu mashuka

Hari ubwo umukobwa asura umusore akamwereka ibimenyetso byose by’uko yifuza ko baryamana ariko nyamara umusore wacu usenga cyane ntabashe gusobanukirwa n’icyo gishuko akaba akize gutyo. 

N’ubwo atari byiza ko ufatirwa muri uwo mutego, umukobwa nagusura uzigengesere mu gihe azaba arimo gukora byinshi muri ibi bimenyetso. 

1.Iyo aje kugusura aza yambaye akajipo cyangwa agakanzu kagufi. 

Niba hari umukobwa wagusuye akaza yambaye akajipo cyangwa agakanzu kagufi menya uko ashakako mutera akabariro. Muhakanire kure ndetse wirinde kwegerana nawe. 

2.Akurambika umutwe kurutugu cyangwa kubibero. 

Mu gihe umukobwa wagusuye atangiye kukurambika umutwe kuntugu zawe cyangwa kubibero byawe, menya ko hari ibyo yifuza kuri wowe. Nuticunga neza , ushobora gusanga akugushije mu mutego. 

3.Ndataha nyuma y’isaha. 

Iri jambo rigaragazako arimo kukubwira ko muri iyo saha imwe hari ibindi mwakorana. 

4.Ndumva nshaka kuryama ariko sinkeneye kukubangamira. 

Ukumva atangiye kukubwira ngo ndashaka kurya ,… uyu mukobwa azaba ashakako mukora urukundo rwo mu mashuka kandi mutabyemerewe mu by’ukuri. 

5.Uziko nibagiwe gufunga igifungo cy’ishati yanjye. 

Iyi ni imwe muri tekenike abakobwa benshi bakoresha mu gihe baba bifuza kuryamana n’abasore basuye.  Ibi twabivuze kuko hari abakobwa bashotora abasore kandi nyamara batanakundana ahubwo bagamije kubashora mungeso mbi. 

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments