Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Mama Rayon yageneye ubutumwa Minisitiri wa siporo mushya

Kuri uyu wa 17 Kanama 2024 nibwo Rayon Sports yakinnye umukino wayo wambere wa shampiyona, aho yakinnye n’ikipe ya Marine FC umukino ukaza kurangira amakipe yose aguye miswi ubusa ku busa.

Nyuma y’uyu mukino, Abafana batandukanye baya makipe yombi bagiye baganira n’itangazamakuru, aho bavugaga akabari ku mutima bitewe nuko babonye umukino wagenze.

Umwe mu bafana ba Rayon Sports ukomeye uzwi nka Mama Rayon, nawe yaganiriye n’itangazamakuru ndetse agira ubutumwa asigira Minisitiri wa Siporo mushya uherutse gushyirwaho.

Uyu mufana wa Rayon Sports yasabye Minisitiri wa siporo ko yagira ibyo ahindura mu mupira w’amaguru mu Rwanda, cyane ikibazo kirebana n’umubare w’abanyamahanga bemewe mu kibuga.

Uyu mubyeyi yasabye Minisitiri ko ibi bintu yabishyiramo imbaraga, ku buryo abanyamahanga bakurwa kuri 6 bakagirwa 8, kuko nawe abona ko aribyo byafasha Rayon Sports ndetse n’andi makipe. Reba AMASHUSHO.

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments