Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Ihere ijisho ubwiza bw’inyubako nini iri kubakwa imbere ya Convention Center

Uko u Rwanda rukomeza gutera imbere ninako ibikorwa remezo bikomeza kuzamuka ku buryo budasanzwe, amazu, imihanda, stade n’ibindi bikomeza kubakwa ubutitsa.

Kuri ubu mu mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo hari kubakwa inzu nini cyane izaba iri iruhande rwa Convention Center, ni inzu yitwa Nzovu Mail, akaba ari inzu izaba ari nini cyane.

Iyi nyubako izaba yujuje ibintu byinshi bisabwa, aho izaba irimo hotel ndetse irimo n’ihahiro rinini ribarizwamo ibintu byose.

Nkuko biteganywa, iyi nzu biteganyijwe ko izatangira gukorerwamo mu mwaka utaha wa 2025 mu kwezi kwa Nzeri, kugeza ubu 52% by’imyanya yo gukorerwamo muri iyi nzu, byamaze gufatwa, bivuze ko hasigaye imyanya ingana na 48%.

 

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments