Nyuma yuko kuri uyu wa 11 Kanama 2024, Nyakubahwa Perezida wa Rebulika y’u Rwanda Paul Kagame, arahiriye u Rwanda kumugaragaro , hatanzwe ikiruhuko ku bakozi , ikiruhuko gikurikira uyu munsi w’irahira.
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 12 Kanama 2024 ari umunsi w’ikiruhuko.