Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Itangazo rya Minisiteri rireba abakozi n’abakoresha bose

Nyuma yuko kuri uyu wa 11 Kanama 2024, Nyakubahwa Perezida wa Rebulika y’u Rwanda Paul Kagame, arahiriye u Rwanda kumugaragaro , hatanzwe ikiruhuko ku bakozi , ikiruhuko gikurikira uyu munsi w’irahira.

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 12 Kanama 2024 ari umunsi w’ikiruhuko.

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments