Saturday, April 19, 2025
Saturday, April 19, 2025
spot_img
HomeOther NewsDeejah Brianne bigasubirwaho yinjiye muruhando rw’abanyamuzika nyarwanda

Deejah Brianne bigasubirwaho yinjiye muruhando rw’abanyamuzika nyarwanda

Deejah Brianne ni umwe mu ba Deejah bari kubikora hano mu Rwanda , ndetse akaba ari no mu rwego rw’aba Deje  mpuzamahanga .

Uyu mukobwa ukunzwe na benshi , nyuma yo gukora akazi ko ku Deja , akazi amaze imyaka myinshi agakora .Haba mu bitaramo , mu bukwe ,no  mutubyiniro yatangaje ko yinjiye muruhando rw’abanyamuzika hano mu Rwanda.

Ni mukiganiro yagiranye n’umunyamakuru Murindahabi Irene , ku munsi w’ejo yatangaje ko afitanye indirimbo na Bushali , ndetse ko bidasubirwaho yinjiye mu muryango mugari w’abahanzi mu Rwanda .

Nkuko nkora akazi kange neza , nkaba kandi nziko ntacyo Imana yatubujije gukora niyemeje kujya mu muzika nya Rwanda kandi mfite byinshi nzasangira n’abanyarwanda .

Theos Munyetwari
Theos Munyetwari
Theos Munyentwali ni Umwanditsi mukuru w’Ikinyamakuru ITYAZO Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2016, afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho
Andi makuru

Musubize

Shyira hano igitekerezo cyawe!
Injiza izina ryawe

- Kwamamaza -spot_img

Izi ntuzicikwe

Verified by MonsterInsights