Anitha na Sabina n’itsinda ry’abakobwa babiri bishyize hamwe kugirango bahurize imbaraga mubikorwa bitandukanye birimo kwita ku bana bari ku muhanga badafite ki vurira.
Ni igitegerezo cy’umunshinga wa komotse ku mishanga ya muritswe muri Miss Mulenge, ubwo umwe muri aba bakobwa yahataniraga iri kamba maze akaza gira igitekerezo cyo kuzafasha abana b’impfumbyi, abapfakazi ndetse n’abandi baba ku muhanda naramuka abashije kwegukana akamba rya Miss Mulenge.