Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Uzajya ufatirwa mu butinganye azajya ahura n’akaga gakomeye

Mu gihugu cya Burkina Faso ,  Umutwe wa gisirikare uri ku butegetsi watangaje ko ibikorwa by’ubutinganyi biciwe burundu mu gihugu ndetse bushyiraho itegeko ryo guhana umuntu wese ufatiwe muri ibi bikorwa.

Minisitiri w’ubutabera Edasso Rodrigue Bayala  yavuze ko leta yamaze kwemeze itegeko ko ubutinganyi ari icyaha gikomeye kandi gihanwa n’amategeko muri kiriya gihugu.

Gusa nyuma yo gutangaza ibyo ntacyo yongeweho, kuri ubu itegeko risigaje kwemerwa n’inteko ishinzwe amategeko , iyobowe n’iki gisirikare.

Ibi bije nyuma yuko iki gihugu cya Burkina Faso   Kihomoye ku Bufaransa bwigize no kugikoronize, kikiyunga ku Burusiya. Ndetse kuri ubu uBurusiya ni kimwe mu bihugu byafashe iyambere mu kurwanya ubutinganyi, yewe ho umuntu w’umutinganyi afatwa nk’umwanzi ukomeye w’igihugu.

Mu gihugu cya Burkina Faso bemera ko hashobora kubaho marriage ibyeri gusa, iyo mu rusengero cyangwa iya gakondo.

RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments