Tuesday, October 22, 2024
spot_img

Niwe munyarwandakazi wemera ko akina porno (film z’urukozasoni)

Amazina ye yiswe n’ababyeyi ni isimbi Yvonne ariko benshi bakaba bamuzi nka Noeline,yatangiye kumenyekana cyane mumpera za 2018 ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda, akaba yaravukiye i Rwamagana mu mwaka wa 2000, se umubyara akaba yari umudemobe muri icyo gihe,akaba yaravutse ari umwana wa kabiri, avuga ko yarezwe na nyirakuru ari nawe wamwise Isimbi kuko nyina yaje kwahukana Noeline afite imyaka 2 gusa kandi se akaba yarafite ibibazo byo mu mutwe ntago yari kubasha kumurera.

Nyirakuru yaje  kumurera mpaka we n’abavandimwe be kugeza muri 2007 ari nabwo nyirakuru yaje kwitaba Imana Noeline afite imyaka 6 gusa, birangira agiye kuba kwa nyirasenge icyo gihe ntago byari byoroshye kuko yabayeho nabi bamucyurira, se nawe yahagera akamukubita bituma akuruna trauma, abonye bimurembeje yaje kujya kuba kwa nyina nibwo yarakimubona aho yamubonye afite imyaka 9, aho kwa nyina yarabayeho nabi naho kuko ntago bari bishoboye byagezweho bwaki itangira kugaragara, imvunja zaramurenze nyina abibonye ati subira kwa so.

Birangira agurutse nanone kwa nyirasenge ariko aza kumwanga ahita yinjira ubuzima bw’umuhanda, iryo joro yabura aho arara akajya kumukuru w’umudugudu. aba muri ubwo buzima mpaka imyaka 2 kugeza ubwo baje kumufata bamushyira mu kigo cy’abana binzererezi ariko b’abakobwa, cyabaga i Musanze abamo imyaka 2 ariko icyo kigo nacyo kiza gufunga aza kugaruka i Rwamagana ku mugore wase wa mbere witwaga Hadjat yaje kuba muri ubwo buzima mpaka agiye Uganda ajya kwibanira n’abanyamulenge babaga mu ikambi ya mbarara aba aho agahe gato ariko akajya yumva ko iyo uri Kenya kujya i Burayi biba byoroshye.

Umunsi umwe aba arabyutse afata bus yerekeza Nairobi  ariko kubera kutahamenyera biza kumucanga abashinzwe umutekano baza kumufata baramufunga muri Gereza y’abana  bamufungaho amezi 2 ariko birangira bamutegeye bus agaruka mu Rwanda ariko n’ubundi akomeje umugambi we wo kwigira i Burayi ageze mu Rwanda araza ashakisha ibyangombwa akibibona ahita asubira muri Kenya.

Noneho mu buryo bwemewe n’amategeko aragenda aba mu nkambi nk’impunzi ahamara hafi amezi 5 birangira agiye south Africa ku rugendo rutoroshye aragenda aba umumansuzi muri night club imwe yo muri south Africa naho biranga agaruka mu Rwanda aribwo yaraje mumarushanwe ya miss Rwanda ariko biranga kubera amashuri make nibwo yaje kwerekera muri Nigeria naho ajya kubayo.

Umubyinnyi ari naho yaje gutangirira urugendo rwe rwo gukina porno aho yifataga amashusho yikinisha akoresheje ibikiresho bya electronic (toys)akayashyira kuri platforms zitandukanye twagerageje kumubaza nimba ntacyo bimutwara cg bitamutera isoni kuba yashyira ubwambure bwe kukarubanda adusubiza ati” nimba ushobora gukoresha igice Cy’umubiri wawe ukinjiza amafranga nyeka ko ntakibazo kibirimo”

Niwe munyarwandakazi wemera ko akina porno (film z’urukozasoni)
RELATED ARTICLES

Andi Makuru

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -spot_img

Most Popular

Recent Comments